Kuri uyu wa 25 Nzeri 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko abumva ko u Rwanda rudashobora kwakira ibikorwa...
ETS KARINDA ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri mu Karere ka Kamonyi, ikomeje gukataza mu ikoranabuhanga, kandi habungwabungwa ibidukikije. Umuyobozi Mukuru wa ETS...
Mu rwego rwo gukangurira urubyiruko kwiteza imbere rwitabira amashuri y’imyuga, Leta y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo, hakomeje kugaragara umusaruro. Ntaganzwa Jean Claude, umuyobozi...
Guhera tariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025 ku nshuro ya 98 u Rwanda rugiye kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare ,...
Kuwa 07 nzeri 2025 Lt General Innocent Kabandana wabaye Umuyobozi w’ibikorwa by’inzego z’umutekano zoherejwe kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado, muri...
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwanze ubutumire bw’umuryango wa Thabo Mbeki wayoboye Afurika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu 2008,...
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yatangaje ko abantu basenyewe n’ibiza byatewe no kuzura k’umugezi wa Sebeya mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko hari abakuru b’ibihugu bibiri, beruye bigamba ko bashaka kugirira nabi u Rwanda, Perezida...
Abanyarwandakazi bakora ubucuruzi buciriritse mu gihugu cya Kenya bashima ko Isoko Rusange rw’Afurika ryabafunguriye amarembo y’ishoramari, bakiteza imbere, nk’uko tubikesha ikinyamakuru Imvaho...
Ibi ni ibitangazwa na Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin yavuze ko amasomo urubyiruko rwigishwa mu itorero agamije kunganira ubumenyi rukura mu mashuri...