Bamwe mu baturage mo mu Murenge wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge, ho mu Mujyi wa Kigali, by’umwihariko abari n’abategarugori ndetse n’ubuyobozi bw’umurenge...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi bibumbiye muri Koperative yitwa COOPRORIZ Abahuzabikorwa y’abahinzi b’umuceri ikorera mu gishanga cya Mukunguli n’ibindi...
Sosete y’itumanaho ya MTN Rwanda yahumurije abamotari bakorera mu mujyi wa Kigali, ibabwira ko igiye kubafasha gukemura ibibazo bafite ndetse ikanabafasha kugira...
Mu gihe hirya no hino mu gihugu Leta y’u Rwanda ishishikajwe no guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri mu rubyiruko ndetse hanimakazwa umuco w’uburinganire hagati...
Kuri uyu wa 4 Kanama 2023, ubu mu gihugu hose cy’u Rwanda bizihiza umunsi w’Umuganura, Dr Sina Gerard nyiri Entreprise Urwibutso yaganuje...
Mu imurikagurisha riri kubera i Gikondo ahazwi nka (Gikondo Expo Ground), Entreprise Urwibutso yazanye udushya Dutandukanye turimo ituragiro (imashini irarira amagi ikanaturaga...
Bamwe mu batubuzi b’imbuto zitandukanye mu Rwanda baravuga ko kuri ubu ikibazo cy’imbuto kiri kugenda gikemuka ku buryo bushimishije kuko bakataje mu...
Iri shuri ni iry’Ikigo cya ADHI Rwanda gisanzwe gifite mu shingano ubushobozi bwo kubaka inzu ziciriritse mu mudugudu uzwi nka “Bwiza Riverside...
Abakozi basaga 40 bakorera mu ruganda Merry Industry Ltd, ruherereye mu karere ka Kamonyi, Intara y’amajyepfo, bavuga ko uru ruganda rwabafashije kwikura...
Bamwe mu bari n’abategarugori bo mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Kayenzi, batiritinyuye bayoboka inzira y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro aho kuri ubu...