Umurenge wa Kimisagara, ni umwe mu mirenge igize Akarere ka Nyarugenge, uri mu mujyi rwagati. Imiterere y’uyu murenge ugizwe ahanini n’imisozi miremire...
Atangiza ku mugaragaro igihembwe cy’ihinga 2017B umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare, Mupenzi Georges, yakanguriye abahinzi gukora ubuhinzi bw’umwuga kuko ari bwo n’umusaruro wiyongera...
Nkuko Radiyo mpuzamahanga y’abafransa RFI ibitangaza, uyu mugore uvugwaho kuba ashaka kwiyamamariza gusimbura uwahoze ari umugabo we Jacob Zuma, ntajya ahisha ibyifuzo...
Tariki ya 8 Werurwe 2017, mu Rwanda n’ahandi ku isi bizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore. Muri rusange hashize imyaka irenga 40 isi...
Abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru, barasabwa gukomeza gukoresha ikoranabuhanga kugira ngo bihute mu iterambere. Ibi ni bimwe mu byo basabwe mu...
Abadepite bagize komisiyo y’uburezi,ikoranabuhanga,umuco n’urubyiruko mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda barishimira uburyo amasomero yigisha bakuze batazi gusoma no kwandika amaze kugira umusaruro...
Ku bufatanye bwa WDA n’umujyi wa Kigali, Sendika y’abakozi bo mu bwubatsi , Ububaji n’ubukorikori ( Syndicat des travailleurs des entreprises construction,...
Mu ruzinduko yakoreye mu Karere ka Nyagatare tariki ya 13 Gashyantare 2017, Umukuru w’igihugu yagejejweho ibibazo bitandukanye Ibyo bibazo usanga bisaba kubicukumbura,...
Mu bipimo cyasohoye ku ihindagurika ry’ibiciro ku isoko, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kigaragaza ko mu ntangiro z’umwaka wa 2017,...
Mu murenge wa Simbi,Akagali ka Kabusanza, niho ahatangirijwe ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka umudugudu ntangarugero . Iki gikorwa cyitabiriwe na Minisitiri w’abakozi...