Umucuruzi watsinze amarushanwa yo gucuruza ikawa muri 2011 ukomoka muri El Salvador; Bwana Alejandro Mendez ari mu Rwanda mu gikorwa cyo guhugura...
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Nyakanga 2019, mu karere ka Rwamagana herekanywe umuyoboro mushya w’amazi wuzuye uzakwirakwiza amazi meza m’umurenge...
i Kigali tariki 26 Kamena 2019, USAID yizihije imyaka itanu ishize itera inkunga ubuhinzi mu Rwanda binyuze m’umushinga Private Sector Driven Agricultural...
Mu imurikagurisha ry’Ubuhinzi n’Ubworozi riri kubera k’Umurindi bamwe mu baryitabiriye barimo abahinzi ba Kawa barinubira uko ibiciro jya Kawa bihagaze ugereranyije n’ibiciro...
Bimenyimana J. Ubuhinzi bukomeje kuba inkingi ya mwamba y’ubukungu bw’ibihugu byinshi muri Afurika. Mu karere ka Afurika y’iburasirazuba, abagore bakora imirimo y’ubuhinzi...
Ibura ry’amazi mu bice bimwe na bimwe by’u Rwandaryakomeje kuba imbogamizi, bigatera abahinzi ikibazo cy’amapfa cyaterwaga nuko imyaka yumiraga mu mirima bityo...
Mu rwego rwo guteza imbere ubukungu burambye bushingiye k’ubuhinzi ,Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi n’abafatanyabikorwa bayo bagiranye ikiganiro n’urubyiruko rwibumbiye mu ihuriro ”RYAF”rigamije guteza...
Ihuriro ry’abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Afurika y’uburasirazuba “EAFF” batangije uburyo bw’ikoranabuhanga rya Telefoni ryiswe “e-Granar” rizafasha abahinzi bo muri aka...
Abashinzwe kubungabunga ibidukikije baturutse mubihugu by’u Rwanda ,Uganda ,na Congo Kinshasa ,kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2018 bahuriye mu nama y’umunsi umwe...
Minisiteri y’ibikorwa remezo(MININFRA) igaragaza ko 83% by’abaturage mu Rwanda bifashisha ingufu zikomoka ku bimera m’uguteka, izo ngufu zikomoka ku bimera birimo ibiti...