ECOPLASTIC ni uruganda rusanzwe rutunganya imyanda, ikongera kuvamo ibikoresho bishya bitandukanye, ubuyobozi bwarwo rbukaba vuga ko imyanda ari umutungo kamere ntagereranywa, ikaba...
Ubuzima ku isi ntibwari gushoboka iyo hatabaho uruhurirane rw’ibintu bitandukanye. Kugeza mu kinyejana cya 20, bimwe muri ibyo bintu ntibyari bizwi ibindi...
Kugira ngo uruyuki rugwe, rugenda rugabanya umuvuduko ukagera hafi kuri zeru. Kugira ngo rubigereho, rupima umuvuduko warwo n’uburebure bw’urugendo ruri bukore maze...
Tariki ya 4 Mata 2017, ku rwego rwa buri Murenge mu Mirenge igize Akarere ka Ruhango habaye igikorwa cy’isuzumabikorwa ku bikorwa by’abahinzi...
Tariki ya 3 Mata 2017, mu nama yahuje abakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) n’abayobozi ndetse n’abakozi ku rwego rw’Akarere...
Inama ihuje Minisiteri Y’Ibiza no gucyura impunzi mu Rwanda (MIDIMAR); Minisiteri ishinzwe impunzi muri Congo Brazaville n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi...
Umurenge wa Kimisagara, ni umwe mu mirenge igize Akarere ka Nyarugenge, uri mu mujyi rwagati. Imiterere y’uyu murenge ugizwe ahanini n’imisozi miremire...
Inzego zimwe z’ubuyobozi zivuga ko mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage hafashwe ingamba zo kubuza abanywi b’itabi kurinywera mu ruhame, ubirenzeho akazajya...
Agasimba kihariye bita akanyenyeri, gafite urugingo rwagereranywa n’itara. Urwo rugingo rutwikiriwe n’amagaragamba atuma urumuri rwako rwiyongera. “ Itara ry’agasimba bita inyenyeri” Abashakashatsi...
Mu Karere ka Muhanga abayobozi batangiye gahunda zo gufasha abahinzi kwibonera igisubizo ku kibazo cy’imihindagurikir y’ikirere. Ni muri uru rwego abayobozi b’Akarere...