Inama ihuje Minisiteri Y’Ibiza no gucyura impunzi mu Rwanda (MIDIMAR); Minisiteri ishinzwe impunzi muri Congo Brazaville n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi...
Umurenge wa Kimisagara, ni umwe mu mirenge igize Akarere ka Nyarugenge, uri mu mujyi rwagati. Imiterere y’uyu murenge ugizwe ahanini n’imisozi miremire...
Inzego zimwe z’ubuyobozi zivuga ko mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage hafashwe ingamba zo kubuza abanywi b’itabi kurinywera mu ruhame, ubirenzeho akazajya...
Agasimba kihariye bita akanyenyeri, gafite urugingo rwagereranywa n’itara. Urwo rugingo rutwikiriwe n’amagaragamba atuma urumuri rwako rwiyongera. “ Itara ry’agasimba bita inyenyeri” Abashakashatsi...
Mu Karere ka Muhanga abayobozi batangiye gahunda zo gufasha abahinzi kwibonera igisubizo ku kibazo cy’imihindagurikir y’ikirere. Ni muri uru rwego abayobozi b’Akarere...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango burahamagarira abahinzi gukora ibishoboka byose bakuhira imyaka muri iki gihembwe cy’ihinga, kugira ngo aho bigishoboka babashe kuramira itaramara...
Guverineri w’intara y’amajyepfo Madame Mureshyankwano Marie Rose, aratangaza ko mu rwego rwo kubaka umujyi wa Huye nk’umwe mu mijyi 6 yunganira uwa...
Abahanga bakora byinshi, ariko ibijyanye n’ibinyabuzima byo bakora ibirengaho. Nyuma y’aho muri Amerika umwe abonye igiti gishobora kwera amoko 40 y’imbuto atandukanye,...
Muri iki gihe amashusho agaragaza uko ubushyuhe bw’ikirere bwagize ingaruka ku isi. Ibivumvuri birya ibihu by’ibiti byagize uruhare runini mu kwangiza ibiti...
Abarangije amashuri yisumbuye na kaminuza bo mu karere ka Gatsibo, baravuga ko bababangamirwa no gusabwa uburambe mu kazi iyo bagiye kugasaba, ibyo...