Uwahize abandi mu kugaragaza udushya imuri iri murikabikorwa, ni shuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya Ruhango (VTC Ruhango). Iri shuri ry’imyuga rya Ruhango ryigaragaje...
Abanyarwanda b’ingeri nyinshi bataniye guhaguhagurikira gukoresha ikorabuhanga hagamijwe kwiteza imbere. Ibyo byatumye bamwe bahindura imyumvire bagana amabanki, ariko kubona inguzanyo bigatinda, kandi...
Mu gihe bigaragara ko ikorabuhanga riri gutera imbere cyane mu Rwanda, bamwe mu baturage b’Akarere ka Rubavu, bafite ibibazo mu kurikoresha, bakaba...
Mu gihe hamenyerewe ko abagabo ari bo bakora imirimo ya tekinike, mu Murenge wa Nyamata, Akarere ka bugesera, iyo mirimo ikorwa n’abagore...
Mu Karere ka Muhanga abayobozi batangiye gahunda zo gufasha abahinzi kwibonera igisubizo ku kibazo cy’imihindagurikir y’ikirere. Ni muri uru rwego abayobozi b’Akarere...
Ikoranabuhanga ni ishingiro ry’ubumenyi bw’ikinyagihumbi Africa Smart Investment-Distribution (ASI-D) yateguye igikorwa cyo gufasha abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye bari mu biruhuko...
Ubushakashatsi buherutse gushyirwa hanze na Global Media Monitoring Project bwagaragaje ko ibikorwa by’abagore bivigwa mu itangazamakuru bikiri hasi cyane kuko basanze mu...
Uko imyaka igenda yicuma ni nako ikoranabuhanga rikataza mu guteza imbere abaturage, ndetse n’ibihugu byabo. Kuri ubu mu Rwanda haje uburyo bushya...