Kuri uyu wa gatanu tariki ya 28 Kamena, 2019 Abayobozi n’abanyeshuri b’Ishuri rya Esther’s Aid bitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya...
Abafite inshingano m’uburezi bw’imyuga baragaragaza ko ubwitabire bukiri hasi cyane ugereranyije n’ubukangurambaga bukorwa. Dr. James Gashumba umuyobozi wa RP aganira n’ikinyamakuru Umwezi...
Kuri uyu munsi tariki 27 Kamena 2019 i Kigali abafite ubumuga bukomatanyije bizihije umunsi mpuzamahanga ufite insanganyamatsiko igira iti ‘Bose ntiryuzuye tutarimo...
Abitabiriye inama yiga ku ishyirwa mu bikorwa rya gahunda y’igihugu ku burezi budaheza irimo kubera i Kigali barateganya kuzarebera hamwe ibibazo abana...
Abanyeshuri bigaga muri Kaminuza ya AIMS bahawe impamyabumenyi nyuma yo gusoza icyiciro cya 3 mu mibare maze basabwa umusaruro ufatika bakagaragaza inyungu...
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 14 Kamena hasojwe icyumweru cy’uburezi gatorika muri Arikidiyoseze ya Kigali muru Santarale ya Rubona muri Paruwasi...
Gakwandi Claude uyobora umuryango “Study in Rwanda” avuga ko baje gufasha Abanyarwanda bagifite imyumvire y’uko amashuri yo mu mahanga ari yo yigisha...
Robot yitwa Sophia niyo ya mbere yahawe ubwenegihugu mu mateka, ikaba yarakozwe n’uruganda rusanzwe rukora robots rwitwa Hanson Robotics. Abategura inama ya...
Sosiyete y’itumanaho mu Rwanda, Airtel Rwanda ifatanyije n’umuryango w’ababyeyi bafite abana bafite ibibazo byo mu mutwe “Autisme”, bagiye gutangira ubukangurambaga bwo kumenyekanisha...
Minisiteri zitandukanye zo mu Rwanda zirimo ishinzwe imibereho myiza y’abaturage (MINALOC), ishinzwe uburezi (MINEDUC), ishinzwe iterambere ry’umuryango (MIGEPROF) n’ishinzwe ubuzima (MINISANTE), ziyemeje...