Mu gihe u Rwanda rwifatanyije na Afurika ku nshuro ya 7 mu kwizihiza umunsi nyafurika wahariwe ifunguro ku ishuri, bamwe mu bayobozi...
Tariki ya 2 Gashyantare 2022 ni bwo Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Twagirayezu Gaspard, yatangije ukwezi k’umuco mu mashuri ku...
ITANGAZO NIYITANGA Isaac mwene NSEKANABO na BAHORANINZIKA, utuye m’umudugudu wa Murutare, akagari ka Kigabiro, umurenge wa Murama, akarere ka Ngoma, mu ntara...
Abanyeshuri n’ababyeyi bo kurwunge rwa Mashuri rw’a Kimisagara(GS Kimisagara) bavuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri yatumye imyigire n’imitsindire izamuka, ndetse...
I shuri ribanza rya Zuba ni shuri ryubatse na letay y’u Rwanda mu rwego rwo kugabanya ubucucike mu mashuri ndetse n’ingendo abana...
Ni nyuma y’uko Leta yategetse ko abana bose bazajya bafatira amafunguro ya saa sita ku ishuri, ikanashyikiriza inkunga yo guhaha yageneye iyi...
Umuyobozi w’i shuri EPA saint Michel Rusingizandekwe Antoine atangaza ko amasomo yatangiye ku munsi wa mbere w’itangira ry’amashuri, abana bose bakaba batangiye...
Ingengabihe ya minisiteri y’uburezi igaragaza ko tariki 10 Mutarama aribwo abanyeshuri bo mu mashuri y’inshuke, abanza n’ayisumbuye bazatangira amasomo y’igihembwe cya kabiri...
Imibare y’abana baterwa inda zitateganyijwe igenda irushaho kwiyongera, nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi butandukanye. Yaba Leta, imiryango itegamiye kuri Leta ndetse n’ababyeyi bahangayikishijwe n’iki...
EP APPEC Remera Rukoma ni ikigo cy’amashuri giherereye mu Ntara y’amajyepfo, Akarere ka Kamonyi mu murenge wa Rukoma, iki kigo cy’amashuri kikaba...