Uyu munsi taliki ya 26/3/2023 iKigaki hatanzwe ibihembo ku barimu ba bagaragaje ko arindashyikirwa mukwigisha imibare na Siyanse
Ni igikorwa ngarukamwaka kigamije kubashimira uruhare n’umuhate wabo hagamijwe kububakira ubushobozi bahabwa mudasobwa.
Dr Nerson Ndagijimana avuga ko gushima mwarimu ku budashyikirwa yagaragaje akoresha mu kwigisha, bimwubaka mo urukundo rwo gukomeza akazi ke anahesha agaciro bagaha agaciro imvune akura mu kazi.
Iyi Kaminuza kandi yakoranye na Airtel Rwanda mu guha abarimu ibikoresho by’ikoranabuhanga bizabafasha mu kazi kabo.
Ibyo bikoresho birimo mudasobwa na murandasi yo gukoresha mu bushakashatsi.
Avuga ko imibare ari ingenzi muri byinshi bityo ko abayigisha bagomba gufashwa kubona ibikoresho.
Ati: ‘Numvise nishimye ubwo bampamagaraga ngo bampembe. Bizamfasha gukomeza gukora nitanga kugira ngo nteze imbere ubumenyi bw’abana nigisha.”
Umuyobozi wa Airtel Rwanda witwa Emmanuel Hamez avuga ko bahisemo gufasha abarimu kubona ziriya mudasobwa mu rwego rwo kubafasha kubona ibikoresho byo gukoresha ubushakashatsi.
Avuga ko imibare ari ingenzi muri byinshi bityo ko abayigisha bagomba gufashwa kubona ibikoresho.
Umwe mu barimu bahawe imashini n’ibikoresho by’ikoranabuhanga yashimiye ubuyobozi bw’iriya Kaminuza ndetse na Airtel kubera ko babonye umuhati akoresha mu kazi, bakabimuhembera.
Ati: ‘Numvise nishimye ubwo bampamagaraga ngo bampembe. Bizamfasha gukomeza gukora nitanga kugira ngo nteze imbere ubumenyi bw’abana nigisha.”
Abarimu barangije kwiga ICT bakoze graduation ni 420
Kayitesi Carine