Uncategorized

Imbere yo kwamayaka: Aho wasanga cake ikoranye ubuhanga muri Nyamirambo

 Ni hamwe muhantu hizewe wakura bimwe mu biribwa mu buryo bwihuse, harimo umugati, cake, isambusa n’ibindi byiza kandi ku giciro gishimishije.

ikaba iherereyemuri imbere yo kwamayaka I Nyamirambo,  ushaka gukoresha Cakes hamagara kuri Tel

Umwe mu bayobozi ba .S… kuD..uzwi…… izina rya Dodos avuga ko bishyize hamwe ari abasore batatu bagakora uyu mushinga cyane cyane bagamije gushyira ku isoko Umugati na cake bifite ubuziranenge.

Ikifuzo cy’umukiriya kicyo gishingirwaho akorerwa cake

Umuyobozi kandi akomeza avuga ko ikemezo cya Leta cyo guca amasashe ntacyo cyabahungabanyijeho kuko bo bapfunyikira abakiriya babo mu bikoresho byabugenewe kuburyo umugati cyangwa cake bigumana uburyoenge n’tabahungabanyijeho

Ubwiza n’ubuhangaza bwa Cake ziboneka muri Ble d’Or

Sibomana avuga ko avuga ko bakunda gukorana cyane n’abantu bafite ubukwe, isabukuru y’amavuko n’indi minsi mikuru itandukanye aho umuntu ashobora gucyenera cake mu birori bye. 
Le Blé d’Or yatangiye gukora mu kwezi kwa 8/2019 ariko abayishinze bakaba bafite ubunararibonye bw’igihe kirekire mu gukora cake, imigati n’ibindi bijyana nabyo 
Leta y’u Rwanda ihora ikangurira urubyiramo ammo guhanga bahanzeo guhanga khanga batecyereza ko ariho bazakura amafaranga.

  Uburyohe bw’iribiribwa byo muri Ble d’Or ntahandi wabusanga

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, kigaragaza ko hifashishijwe ubushakashatsi butandukanye n’ubusanzwe mu gupima uko isoko ry’Umurimo rihagaze mu gihugu, Labor Force Survey (LFS) 2016, impuzandengo y’ubushomeri ari

    Cake nziza y’umwimerere ku giciro utasanga ahandi

Ubu bushakashatsi bw’igerageza bwakozwe muri Gashyantare 2016 kuko ubwimbitse buzaba muri Kanama uyu mwaka, bwerekanye ko abari ku isoko ry’umurimo mu gihugu ubariyemo abafite akazi n’abatagafaye% abafite akazi n’abatagafaye 41% abatagafite 49.3% nagi boo 58.5% abatagafite 49.3

Muri icyo gihe mu Rwanda habarurwaga slaughter 6,611,000 bafite kuva ku myaka 16 kuzamura, abari ku isoko ry’umurimo bakaba 3,261,000; muri bo abafite akazi ni 2,831,000 mu gihe abatagafite ari 430,000.

Amahitamo yawe niyo ahabwa agaciro muri Le Ble D’Or

Iyi mibare isobanura ko kuba ubushomeri buri kuri 13.2%, bivuze ko mu bantu umunani harimo umwe udafite akazi. Ubushomeri mu bagore buri kuri 13% mu gihe mu bagabo ari 12.9%. Mu mujyi hari abashomeri benshi ugereranyije no mu byaro, kuko bangana na 15.9% mu gihe mu byaro ari 12.6%.

 

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZASOMWE CYANE

To Top
play button
Umwezi Radio 95.3 FM