Ibidukikije ni urwego rwambukiranya inzego nyinshi, kandi rugomba kwitabwaho mu iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza, ibibazo byibasiye ibidukikije si ibya none byatangiye kera...
Mu mujyi wa Kigali kuri ubu hatangiye ubukangurambaga Kuri virusi itera SIDA buzamara igihe cy’amezi atatu. Mujawayezu Cecille avuga ko yahoze ari...
Imibare y’abana baterwa inda zitateganyijwe igenda irushaho kwiyongera, nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi butandukanye. Yaba Leta, imiryango itegamiye kuri Leta ndetse n’ababyeyi bahangayikishijwe n’iki...
Mu gihe mu Rwanda hamenyerewe inkoni zera ziyobora abafite ubumuga bwo kutabona , kuri ubu hamaze iminsi hasohotse indi nkoni ifite udushya...
Mu gihe hamaze iminsi humvikana ikibazo cya bamwe mu bakiriya b’ibigo bicuruza utugabanyamuvuduko (speedgovernor) binubira uburyo bagenda bagwa mu bihombo biterwa n’ibihano...
Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya virusi itera SIDA wizihijwe kuri uyu wa gatatu, tariki ya 1 Ukuboza mu Karere ka Nyagatare ufite insanganyamatsiko...
Inzego zitandukanye zifitanye isano n’ibidukikije zahuriye mu Karere ka Musanze kugira ngo barebere hamwe, uko ibidukikije byakomeza kwitwabwaho mu iterambere ry’Igihu. Mu...
ubwo yagezaga indahiro ye ku bitabiriye umuhango w’ irahira n’ihererekanyabubasha kuri uyu wa 22 ugushyingo 2021 Umuyobozi mushya w’Akarere ka Rulindo Madamu...
Ku wa 19 Ugushyingo 2021 hatowe abayobozi b’uturere usibye mu Mujyi wa Kigali, bagomba gutangira manda y’imyaka itanu. Ayo matora akorwa mu...
Muri iki gitondo, mu Murenge wa Muhima mu Mugi wa Kigali abaturage ba byukiye mu gikorwa cyogukora umuganda wo gusukura bakusanya imyanda...