Kuri uyu wa gatatu taliki ya 12 Gashyantare 2020 mu kiganiro Minisitiri w’ibidukikije Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc n’Umuyobozi mukuru w’ikigo cya (REMA...
Taliki ya 5 Gashyantare 2020 u bwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo gusoma, ku rwego rw’igihugu, byabereye mu karere ka Burer Ku ishuri...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya mbere Gashyantare 2020 mu gihugu hose ubwo hizihizwaga umunsi w’Intwali ku nshuro ya 26, mu karere...
Ntabajyana Alphonse ukora umwuga wa Akabari, no kotsa inyama z’ihene mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Nyamirambo, avuga ko iyo ukoze...
Hope School bus ni imwe muri compani itwara abanyeshuri mu mujyi wa Kigali ibakura mu ngo ibageza ku ishuri ikabagarura mu rugo...
Ikigo Mpuzamahanga cyita ku Buzima, ABBOTT, cyagiranye ubufatanye na Minisiteri y’Ubuzima biciye mu muryango, Team Type 1 Foundation, bwo gutanga ubufasha bw’ibikoresho...
Minisiteri y’uburezi yatangaje amanota y’abarangije amashuri abanza, icyiciro rusange ndetse n’amashuri y’inderabarezi (TTC), aho mu banyeshuri bakoze ibizamini by’abanza bangana na 286,721,...
Umushinga Save Generation Organization (SGO), nyuma y’ubushakashatsi bwakorewe ku bangavu n’ingimbi mu gihe cy’amezi 17, wasanze abo bana nta makuru ahagije bafite...
Abategetsi bo muri Chili bavuga ko babonye ibisigazwa bemeza ko ari iby’indege ya gisirikare yaburiwe irengero ku wa mbere w’iki cyumweru. Bavuze...
Iwacu+ 250 Bar & Restaurant iherereye sonatube uzamuka ujya Nyanza ya Kicukiro mu ruhande rw’ibumoso ni ku cyapa cya mbere imodoka zihagararaho....