Nirere Madeleine , Umuvunyi Mukuru, agaragaza ko icyakoma mu nkokora kugera ku ntego z’icyerekezo 2050, u Rwanda rwihaye ari ruswa, kandi ko...
Mu Murenge wa Rukoma, mu Karere ka Kamonyi, mu Intara y’Amajyepfo, harabera amahugurwa agenewe abacukuzi b’ amabuye y’ agaciro bo muri kampani...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Dr. Faustin Ntezilyayo yasabye abagize komite zo kurwanya ruswa mu nkiko kongera umurava kugira ngo ruswa icike mu bucamanza...
Afrika y’Epfo yatangiye gukingira abana icyorezo cya Covid-19. Biri mu mugambi w’okugerageza inkingo z’igihugu cy’Ubushinwa. Urwo rukingo rw’Abashinwa Sinovac Biotech rugeragezwa ku...
Perezida wa Koperative Light Business ikorera Nyabugogo mu nyubako yo Munkundamahoro bwana Paul Niyonsenga avuga ko bakomeje inzira y’iterambere no gushakira hamwe...
Iwacu+ 250 Bar & Restaurant iherereye sonatube uzamuka ujya Nyanza ya Kicukiro mu ruhande rw’ibumoso ni ku cyapa cya mbere imodoka zihagararaho....
Umuyobozi w’inama nkuru y’abafite ubumuga (NCDP); Ndayisaba Emmanuel yavuze ko hakiri ibikibangamira abantu bafite ubumuga m’ukugerwaho na serivisi zitandukanye cyane cyane m’uburezi....
Abayobozi b’amwe mu makoperative mu Rwanda barishimira intambwe bagezeho ndetse n’inyungu bakuye muri Business bakora, barashimira imiyoborere myiza yashyizweho na Leta ibinyujije...
Nubwo hari byinshi bikorwa mu guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi nka kimwe mu byagirira akamaro abaturage n’igihugu muri rusange, abahinzi bakomeje kugaragaza ko...
Raporo y’umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (TI_Rw) iragaragaza ko mu nzego z’ibanze n’izitagenerwa ingengo y’imari, kunyereza umutungo biri hejuru. 40% by’amafaranga afitanye...