Abaturage batuye mu Karere ka Nyaruguru, mu Murenge wa Muganza, Akagali ka Samiyonga bahangayikishijwe n’iteme ryangiritse cyane rikaba rimaze imyaka ine ridasanwa...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije kirasaba abafite imodoka kuzisuzumisha kenshi kugira ngo harebwe niba zisohora ibyuka bihumanya ikirere. Kuri uyu wa Kabiri...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi bibumbiye muri Koperative yitwa COOPRORIZ Abahuzabikorwa y’abahinzi b’umuceri ikorera mu gishanga cya Mukunguli n’ibindi...
Kuri uyu wa 31 Kanama 2023, ubwo mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko mu Karere ka Kicukiro, abayobozi b’uturere, abahagarariye imiryango itari iya...