Rusiga ni umwe mu Mirenge igize Akarere ka Rulindo , mu Ntara y’amajyaruguru Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rusiga Ndagijimana Forduard yabwiye ikinyamakuru...
Abanyeshuri n’ababyeyi bo kurwunge rwa Mashuri rw’a Kimisagara(GS Kimisagara) bavuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri yatumye imyigire n’imitsindire izamuka, ndetse...
Ni nyuma y’uko Leta yategetse ko abana bose bazajya bafatira amafunguro ya saa sita ku ishuri, ikanashyikiriza inkunga yo guhaha yageneye iyi...
Uwitwa UWASE MUSISI mwene MUKAMANZI Donatha utuye m’umudugudu wa Nyabinombe, akagari ka Karama, umurenge wa Cyabakamyi, akarere ka Huye mu ntara y’amajyepfo...
Umuyobozi w’i shuri EPA saint Michel Rusingizandekwe Antoine atangaza ko amasomo yatangiye ku munsi wa mbere w’itangira ry’amashuri, abana bose bakaba batangiye...
Ingengabihe ya minisiteri y’uburezi igaragaza ko tariki 10 Mutarama aribwo abanyeshuri bo mu mashuri y’inshuke, abanza n’ayisumbuye bazatangira amasomo y’igihembwe cya kabiri...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko amakuru y’ibanze agaragaza ko ubwoko bushya bwa Coronavirus buzwi nka Omicron bwandura vuba ariko butarembya, cyemeza...
Iterambere ry ‘inganda rikwiye kujyana no kubungabunga ibidukikije mu rwego rwo kugirango harengerwe ibimera ndetse n’ibinyabuzima. Niyo mpamvu umuntu ku isonga agomba...
Mu mujyi wa Kigali kuri ubu hatangiye ubukangurambaga Kuri virusi itera SIDA buzamara igihe cy’amezi atatu. Mujawayezu Cecille avuga ko yahoze ari...
Imibare y’abana baterwa inda zitateganyijwe igenda irushaho kwiyongera, nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi butandukanye. Yaba Leta, imiryango itegamiye kuri Leta ndetse n’ababyeyi bahangayikishijwe n’iki...