Ibi yabitangarije abanyamakuru mu kiganiro yagiranye nabo mu mujyi wa Kigali tariki ya 3 Gicurasi 2017. Diane Rwigara,ni umukobwa w’ingaragu w’imyaka 35...
Ahugura abaturage , Umukozi wari uhagarariye Ibitaro by’Akarere ka Nyagatare , Bamurange Scovia,ababwira ko zimwe mu ndwara ziterwa n’isuku nke zirimo inzoka,...
Umuryango Children’s Voice to Day, ku nkunga y’umushinga Plan International, Tariki ya 27 Mata 2017, washyikiriye amatsinda (Clubs) z’abanyeshuri mu bigo by’amashuri...
Uru rukingo ruzwi nka RTS,S cyangwa Mosquirix, ruzatangira kugeragezwa guhera mu ntangiriro za 2018, rukaba rwifitemo ubushobozi bwo kurwanya agakoko gakwirakwizwa no...
Umurenge wa Kibangu, ni umwe mu mirenge 12 igize akarere ka Muhanga,ukaba ari umurenge w’igice cy’icyaro Uyu murenge nubwo ari uw’icyaro, ugaragaramo...
Umubiri w’umuntu ukenera vitamini zitandukanye kugirango abashe kugira imikurire myiza, kandi abe umuntu ukomeye. Niyo mpamvu rburi muntu wese ategetswe gufata izo...
Tariki ya 19 Mata 2017Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bufatanyije n’inzego z’umutekano n’abaturage, bameneye mu ruhame ibiyobyabwenge bifite agaciro gasaga miliyoni 25 z’amanyarwanda....
Ni umuganda wari ugamije kwerekera no gufasha abahinzi b’ibigori uburyo bwo guhashya iyi nkongwa yibasiye ibigori bahinze muri iki gihembwe cy’ihinga 2017B...
Abapolisi b’u Rwanda 36 bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) bashinzwe imirimo itandukanye irimo kugenzura iyubahirizwa ry’ubu...
Minisiteri y’Uburezi iributsa abayobozi b’ibigo by’amashuri, Abarezi, Ababyeyi, Abanyeshuri ndetse n’abagize amashyirahamwe akora umwuga wo gutwara abantu mu ngendo zitandukanye ko amasomo...