U Rwanda rwashyikirijwe imbwa eshanu zifite ubushobozi bwo gutahura umuntu wanduye Covid-19, zizajya zifashishwa mu gupima iki cyorezo bigafasha mu kugabanya amasaha...
Umuyobozi wa Airtel Rwanda Amit Chawla Sosiyete ya Airtel Rwanda yakuriyeho abakiliya bayo amafaranga bakatwaga mu gihe bohererezanya amafaranga, ibizwi nka Airtel...
Imvugo igira iti “Ntawutanga icyo adafite” ikoreshwa n’ushaka kugaragaza uburyo iby’umuntu ashoboye ari byo aha abandi, ni na yo ushobora kwifashisha mu...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’inganda mu Rwanda (Minicom) yashyizeho amabwiriza agenga ibikorwa by’imikinoyo y’amahirwe, yibanda cyane cyane kugukurikiza amabwiriza yo kwirinda Covid-19, nyuma y’iminsi...
Inama y’Abaminisitiri yoroheje zimwe mu ngamba zo kwirinda Coronavirus aho yanzuye ko imihango yo gusaba no kwiyakira bijyanye n’ubukwe byasubukuwe, bikazajya byitabirwa...
Umugore w’imyaka 24 ukomoka mu karere ka Nyamagabe yabaye uwa 308 umaze guhitanwa na Covid-19 kuva yagera mu Rwanda muri Werurwe taliki...
Abikorera bo mu murenge wa Masaka , akarere ka Kicukiro barashimwa uruhare bagira mu iterambere ry’umurenge mu bikorwa bitandukanye birimo ibikorwa remezo...
Twasuye zimwe mu nganda zitunganya ibikomoka ku ifarine badutangariza ko muriyi minsi bisaba ubushishozi kugirango batangwa mugihombo bakazima burundu,kubera izamuka r y’ibiciro...
Moto zikoreshwa n’amashanyarazi nizo zizajya zifashishwa mu rwego rwo kugabanya ibihumanya ikirere U Rwanda ruza ku mwanya w’imbere muri Afurika mu gushyiraho...
Uyu mwaka, Umunsi mpuzamahanga w’umugore uzizihizwa hifashishijwe insanganyamatsiko igira iti: Abagore mu buyobozi:Amahirwe angana mu guhangana n’icyorezo cya COVID-19.(Women in leadership: Achieving...