Imibare yatangajwe na Polisi y’u Rwanda igaragaza ko abamaze kugwa mu mpanuka zo mu muhanda muri uyu mwaka bikubye inshuro zirenga ebyiri...
Abanyeshuri b’Abanyarwanda bagiriye urugendoshuri mu gihugu cy’Ubushinwa basogongejwe ku hazaza h’ikoranabuhangwa berekwa ubuhanga bugezweho bwa 5G network, Internet of Things (IOT) ,...
Ishami ry’umuryango w’abibubye wita kuburezi n’umuco UNESCO ifatanyije na Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) , kuruyu wa kane tariki 8 Ugushyingo 2018 bahuye n’abanyamadini...
Kuri iyi taliki ya 7 kugeza kuya 9 Ugushingo 2018, i Kigali, hari kubera inama mpuza mahanga ku buvuzi bwihuse bw’indembe, bukaba...
Bimenyimana J. N’ubwo abanyarwanda benshi bemeza ko bakaraba intoki, ntabwo biraba umuco, kandi kuzikaraba neza bigira ingaruka nziza ku buzima bw’abantu, biba...
Umujyi wa Kigali utegura buri kwezi Imyitozo ngororamubiri ihuza abawutuye, hagamijwe kwirinda indwara zitandukanye cyane izitandura nk’indwara z’umutima; diabète n’izindi. Perezida wa...
Kuwa 15 Ukwakira buri mwaka ni umunsi mpuzamahanga wahariwe gukaraba intoki. N’ubwo abantu benshi bemeza ko icyo gikorwa bakizi kandi bagikora, kiracyabereye...
Umupira w’amaguru ni umukino ukunzwe n’abanyarwanda benshi, hakaba mo n’abiyemeza kuwujya mo bakawukina. Ibyo byose bigenda nabi iyo imisifurire yawo itajyanye n’igihe,...
Bimenyimana J. Umusizi w’umunyarwanda Nyakayonga mwene Musare yahimbye igisigo acyita Ukwibyara, maze agiterura agira ati “ukwibyara gutera umubyeyi ineza”. Bibabaza umubyeyi kubyara...
Hashize igihe kitari gito umubare w’ababana na virusi itera SIDA mu Rwanda ari 3% kandi udahinduka. Minisiteri y’Ubuzima n’abafatanyabikorwa bayo batangije ubushakashatsi...