Igiciro cya Essence cyongeye kuzamuka, kiva ku mafaranga y’u Rwanda 1065 gishyirwa ku mafaranga 1109 muri aya mezi abiri, ni ukuvuga Nyakanga...
Minisiteri y’Ubuzima n’abafatanyabikorwa bayo, bifatanyije n’abaturage b’akarere ka Burera mu gikorwa cy’umuganda kuwa 30 Kamena 2018. Uwo muganda wibanze ku kubaka Poste...
Indwara ya Malariya ihangayikishishije u Rwanda ari yo mpamvu hagiye hashyirwa ho ingamba zitanadukanye zo kuyirwanya. Ni muri urwo rwego Minisiteri y’Ubuzima...
Kubaka igihugu kitarangwa mo ibiyobyabwenge byashoboka. Icyo bisaba ni uko abantu bo mu nzsgo zitandukanye zakorera hamwe, hagamijwe kwigisha ababicuruza ngo babicike...
Abahanga mu mibereho ya muntu bagaragaza ko kuba imbata y’ingeso zitandukanye zirimo ibiyobyabwenge, ubusambanyi, n’izindi zitandukanye bishobora kuba intandaro yo kuba umuntu...
Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu (CLADHO), isanga amafaranga agenerwa abana ashyirwa mu ngengo y’imari ya Leta akiri make cyane, ibyo bigatuma batitabwaho...
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko mu Rwanda abana 12% bakirwara impiswi kubera amazi mabi akoreshwa mu miryango yabo.Byatangarijwe mu nama mpuzamahanga y’iminsi itanu...
Icyorezo cya SIDA kiracyaza mu ndwara zitwara ubuzima bw’abantu batari bake, kuko kitabonerwa umuti cyangwa urukingo. U Rwanda rurakira inama INTEREST 2018...
Ibi byabitangajwe na Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama mpuzamahanga y’iminsi ibiri igamije gushishikariza abagabo kugira uruhare mu kwirinda...
Minisiteriy’ibikorwa remezo iribuka ku nshuro ya 24 abakozi ba MINITRAPE na MINITRANSCO bazize Jenoside yakorewe Abatutsi, kandi uwo muhango wabanjirijwe no gusura...