Mu buyobozi bw’Ihuriro ry’abavuzi gakondo rizwi nka AGA Rwanda Network, ubu haravugwamo icyo abanyarwanda bakunze kwita indimi ebyiri zishingiye ku bwumvikane buke...
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imiyoborere myiza, Mme Musabyemariya Domithille , aributsa abaturage ko bakwiye kwita ku buzima bwabo bishyura ubwisungane mu kwivuza...
ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga NAEB kizihije umunsi wa kawa habaho n’igikorwa cyo gusangira ikawa n’abanyenganda, abayobozi n’abahinzi bayo...
Mu bunararibnye dufite mu myaka 20 tumaze tuvura kandi dukora, ubushakashatsi, ubumenyi n’amashuri twize bituma dukora umwuga gakondo neza kandi mu mahoro...
Mu rwego rwo gushyikigira imibereho myiza, Abanyarwanda baba mu gihugu cya Canada batangiye bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyaruguru...
Bamwe mu banyeshuri bo mu bigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye mu Karere ka Nyaruguru, bavuga kobashima icyumba cy’umukobwa aho abakobwa bagirwa inama kandi...
Mu rwego rwo kwimakaza imiyoborere myiza no kugaragariza abaturage ibibakorerwa, Akarere ka ka Nyaruguru ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bako kagaragaje uko imihigo yo...
Mu rwego rwo kwimakaza imiyoborere myiza no kugaragariza abaturage ibibakorerwa, Akarere ka ka Nyaruguru ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bako kagaragaje uko imihigo yo...
Debonheur Jeanne d’Arc, Minisitiri mushya wa Minisiteri yo gukumira ibiza no Gucyura impunzi yavuze ko ikintu cyihutirwa agiye gukora muri iyi minsi...
Abamamazabuhinzi bo mu murenge wa Karama barishimira amahugurwa mu buhinzi bahawe ku bufatanye bw’inzego zitandukanye bakavuga ko biteze ko azabagirira akamaro Aya...