Abaturage bo mu murenge wa Mutenderi, akarere ka Ngoma, bubakiye abajyanama b’ubuzima ibyumba hafi y’ingo zabo, bizajya bitangirwamo serivisi z’ubuvuzi ku buryo...
Ibi ni ibyatinzweho n’Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi , Mudaheranwa Juvenal ,ubwo yakiraga indahiro za DASSO bashya 40 baje gufatanya na bagenzi babo...
Isuku mu ngo, uhereye ku mazu akurungiye neza n’ibikoni byayo, ubwiherero ni byo bisigaye biranga ingo nyinshi mu Karere ka Ngoma. Ng’ibyo...
Tariki 27 Nyakanga 2017, umupolisi w’umwofisiye ufite ipeti rya AIP (Assistant Inspector of Police) yarashe umuturage witwa Zigirinshuti Alexis ahita apfa. Amakuru...
Urwego rushinzwe guteza imbere ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu miryango (Gender Monitoring Office),rugaragaza ko abana 2939 mu ntara y’amajyaruguru batwaye inda zidateganijwe, kandi...
Mavis Appiah ni umunye Ghana utoza ikipe y’abagabo yitwa DC united. Mavis yatoje iyi ikipe nk’umutoza wungirije kugeza muri 2016 . Nyuma...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi iravuga ko iriho ikora ibishoboka kugirango umusaruro w’amata uboneka mu Rwanda utunganywe neza binyuze mu makaragiro ashyirwa hirya no...
Minisiteri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga ivuga ko gahunda nshya ya Internet kuri bose izafasha kongera umubare w’abakoresha ikoranabuhanga banaribyaza umusaruro nibura abakoresha internet bakiyongeraho...
Minisiteri y’ibikorwa remezo mu Rwanda ivuga ko uturere tugomba gukora igenamigambi ryo gukirakwiza amazi ahantu hose ku buryo amazi meza azagera ku...
Benshi mu bagore bo mu cyaro bazindukira mu turimo tudashira, turimo guhinga, kwita kubana, amatungo no gushaka ibyo kurya nyamara hari benshi...