Imboga ni ikiribwa ntagereranwa, kubera intungamubiri zibonekamo zishobora kurinda indwara zitandukanye bitewe kandi n’uburyo zateguwemo. Amakuru dukesha urubuga rwa Doctissimo.fr, aratangaza ko...
Amata ni kimwe mu binyobwa n’abatari bakunda mu bihe bitandukanye usibye kuyanywa kandi abyazwamo ibindi bitandukanye nk’amavuta n’ibindi Umuganga w’umuhanga mu kuvura...
Ku bufatanye bw’umuryango w’abanyamakuru barwanya Sida n’izindi ndwara uzwi ku izina rya ABASIRWA n’ikigo cy’igihugu gishinzwe itumanaho mu buzima (RBC), abanyamakuru basuye...
Uku ni ukwezi kwa gatandatu k’umwakawa Mituweli. 21,2% nta bwishingizi bw’indwara bafite kuko bakagombye kuba bafite ubwa Mituweli, ariko ntibaratanga imisanzu yayo,...