Mugisha umaze imyaka irenga icumi akora umwuga w’ubukanishi atewe ishema nawo akaba asaba urubyiruko kuwugana kugira ngo bikure m’ubukene. ...
Ubuyobozi bwa Koperative Light Business burashimira akarere ka Nyarugenge , inzego z’umutekano byumihariko umurenge wa Kimisagara butibagiwe ikigo gishinzwe amakoperative (RCA)cyabafashije gukora...
Perezida wa Koperative Light Business ikorera Nyabugogo mu nyubako yo Munkundamahoro bwana Paul Niyonsenga avuga ko bakomeje inzira y’iterambere no gushakira hamwe...
Ntabajyana Alphonse ukora umwuga wa Akabari, no kotsa inyama z’ihene mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Nyamirambo, avuga ko iyo ukoze...
Iwacu+ 250 Bar & Restaurant iherereye sonatube uzamuka ujya Nyanza ya Kicukiro mu ruhande rw’ibumoso ni ku cyapa cya mbere imodoka zihagararaho....
Aloys Supply company ni uruganda rutunganya akawunga ku buryo bugezweho hifashishijwe imashini zujuje ubuziranenge rukaba ruherereye mu karere ka Rwamagana . Aya...
Imyaka ibaye irindwi abakoresha ikompanyi itwara abagenzi yitwa Kigali Coach bishimira serivise ibaha . Sosiyete itwara abantu, Kigali Coach imaze imyaka 7...
Ubu mu Rwanda habarirwa abahanga mubyimiti igihumbi (1000) kuri uyu wagatatu bahuye nabagenzi babo baturutse ku migabane itandukanye mu nama yiminsi ibiriri....
Umusaza witwa Munyempano Dominique w’imyaka 85 y’amavuko wamenyekanye nka ’Kanyandekwe’ muri filime y’uruherekane ya ‘Seburikoko’, yemereye urukiko ko yasambanyije umwana w’imyaka irindwi...
Igihugu cy’u Rwanda gihangayikishijwe n’uko abantu b’ingeri zitandukanye batazi icyo icuruzwa ry’abantu ari cyo ndetse n’abagizweho ingaruka n’icyo kibazo bakagira ipfunwe ryo...