Oprah Winfrey yavuze ko igikomangoma Harry yamusobanuriye neza ko atari Umwamikazi cyangwa igikomangoma umugabo we bibajije ku kuntu ibara ry’uruhu rw’umwana we...
Ubuyobozi bwa Koperative Light Business burashimira akarere ka Nyarugenge , inzego z’umutekano byumihariko umurenge wa Kimisagara butibagiwe ikigo gishinzwe amakoperative (RCA)cyabafashije gukora...
Hope School bus ni imwe muri compani itwara abanyeshuri mu mujyi wa Kigali ibakura mu ngo ibageza ku ishuri ikabagarura mu rugo...
Nkuko bitangazwa n’umuyobozi wayo Bwana Bayingana Eulade avuga ko imwe mu ntego yabo ari guha agaciro abakiriya babo, aho bita cyane ku...
Jules Ndagano Umunyarwenyakazi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wamamaye mu biganiro byo kuri televiziyo, Ellen DeGeneres yahishuye uko yakorewe ihohoterwa...
Ntawakwirirwa asobanurira umuntu uwo ari wese Ronaldinho, kuko ari ikimenyabose. Uyu musore wakiniye amakipe akomeye yo ku mugabane w’I Burayi ataretse igihugu...
Ubusanzwe haba ho amoko menshi y’impanga nk’uko abahanga babitubwira, ay’ingenzi ni abiri abitwa vrai jumeau tugenekereje mu Kinyarwanda twasobanura nk’impanga nyazo, na...
Ubwo Trump yimayamazaga ndetse na nyuma yaho ansindiye amatora yakomeje kuvugwaho cyane kuba atazihanganira abayisilamu n’impunzi muri Amerika. Igitangaje ni uko umwe...
Umugore wo muri Espagne uri mu itsinda ry’abagore bamagana Trump yagaragaye mu nzu ndangamurage ya Cera iri mu mujyi wa Madrid ari...
Mu ijoro ryo kuwa 10 Mutarama 2017, ubwo Perezida Barack Obama wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ucyuye igihe avuga ijambo rye rya...