Twagirayezu Thaddée yatorewe kuba Perezida mushya w’umuryango wa Rayon Sports mu myaka ine iri imbere, ni mu gihe Muvunyi Paul we yatorewe...
Muri uyu mwaka nibwo Kanye west yashyize hanze alubumu yise Vultures afatanyije na TY Dolla Sign ikaba yaramuhesheje gukor ibitaramo bitandukanye hirya...
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Munyantwari Alphonse, yamaze impungenge abamaze iminsi bahangayikishijwe n’imisifurire mu Rwanda by’umwihariko umukino wa APR FC...
Ikipe ya Rayon Sports benshi bakekaga ko iza gutsikira igeze i Rusizi, kuri uyu wa 30 Mata 2023 yahatsindiye Espoir FC ibitego...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Inama y’Inteko Rusange isanzwe izaberamo amatora ya Perezida waryo mushya iteganyijwe ku wa Gatandatu,...
Mu mukino w’Umunsi wa 12 waberaga i Nyamirambo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ukuboza, ikipe ya AS Kigali yatsinze Kiyovu...
Shampiyona y’icyiciro cya kabiri 2022-2023 yari iteganyijwe gutangira ku itariki 15 Ukwakira 2022 , yigijwe inyuma ho ibyumweru bibiri ishyirwa ku itariki...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’inganda mu Rwanda (Minicom) yashyizeho amabwiriza agenga ibikorwa by’imikinoyo y’amahirwe, yibanda cyane cyane kugukurikiza amabwiriza yo kwirinda Covid-19, nyuma y’iminsi...
Myugariro w’inyuma ku ruhande rw’ibumoso, Rutanga Eric, yateye umugongo Rayon Sports yari abereye Kapiteni asinya imyaka ibiri muri Police FC. Rutanga Eric...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kumvikana n’umuterankunga wayo, SKOL, ku masezerano mashya nyuma y’ibiganiro byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu...