Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwanze ubutumire bw’umuryango wa Thabo Mbeki wayoboye Afurika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu 2008,...
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yatangaje ko abantu basenyewe n’ibiza byatewe no kuzura k’umugezi wa Sebeya mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko hari abakuru b’ibihugu bibiri, beruye bigamba ko bashaka kugirira nabi u Rwanda, Perezida...
Abanyarwandakazi bakora ubucuruzi buciriritse mu gihugu cya Kenya bashima ko Isoko Rusange rw’Afurika ryabafunguriye amarembo y’ishoramari, bakiteza imbere, nk’uko tubikesha ikinyamakuru Imvaho...
Turamenyesha ko uwitwa UWAYEZU Ange Aime Christian mwene Nduwayezu Jean Baptiste na Kankindi Christine, utuye mu Mudugudu wa Amahoro, Akagari kabKabugaI, Umurenge...
Ibi ni ibitangazwa na Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin yavuze ko amasomo urubyiruko rwigishwa mu itorero agamije kunganira ubumenyi rukura mu mashuri...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), igaragaza ko kuva Itorero Indangamirwa ryatangira mu myaka 15 ishize, rimaze gutororezwamo abasore n’inkumi b’Abanyarwanda 5...
Kuwa 11 Kanama 2025, umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) uhanganye n’Ingabo za Leta ya Sudani wishe abarenga 40, abandi 19 barakomereka...
Ku wa 11 Kanama 2025, Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana , Mbabazi Rosemary abinyujije ku rubuga rwa X yatangaje ko yasinye mu...
Nk’uko bitangazwa na Ngamije Jean de Dieu, umunyamabanga wa koperative COMIKA, avuga ko mu bikorwa byo guteza imbere abaturage harimo gufasha abatishoboye...