Turamenyesha ko uwitwa UWAYEZU Ange Aime Christian mwene Nduwayezu Jean Baptiste na Kankindi Christine, utuye mu Mudugudu wa Amahoro, Akagari kabKabugaI, Umurenge wa Rusororo, Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo UWAYEZU Ange Aime Christian, akitwa ISHIMWE Aime Christian mu gitabo cy’irangamimerere.
Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Niyo mazina nakoresheje mu ishuli kuva ngitangira kwiga.

