Ubuyobozi bw’ibitaro bya Nyamata buravuga ko indwara ya Malaria mu Karere ka Bugesera igenda igabanuka mu baturage bitewe n’ingamba zikomeje gushyirwaho zo...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi bibumbiye muri Koperative yitwa COOPRORIZ Abahuzabikorwa y’abahinzi b’umuceri ikorera mu gishanga cya Mukunguli n’ibindi...
Bamwe mu bari n’abategarugori bo mu karere ka Kamonyi baritinyutse bayoboka inzira y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro aho ubu biteje imbere Abagore bakora muri...
Nyuma y’uko kuri uyu wa 21 Nyakanga 2023, mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Rukoma, ubuyobozi bw’inzego z’ibanze ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu...
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rukoma, baravuga ko kuba hari bamwe mu baturanyi babo bafashe ihame...
Depite Nyirahirwa Veneranda, yabwiye urubyiruko rwo mu Karere ka Ngoma ko rufite inshingano zo kubaka igihugu basigasira ibyagezweho kugirango igihugu kidahangarwa n’uwari...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo ku bufatanye n’abafatanyabikorwa b’aka karere batangije gahunda yiswe SMILE igamiuje kunganira gahunda Leta yashyizeho yo guha abana ifunguro...
Kuri uyu wa 19 Mata, 2023 Kuri EP Gisenyi mu Kagari ka Remera, Umudugudu wa Gisenyi, Umurenge wa Rukoma, habereye igikorwa cyo...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Matimba, mu karere ka Nyagatare , bavuga ko batinya kujya ku bajyanama b’ubuzima ngo babahe...
Mu gihe mu bice bitandukanye by’igihugu mu nyigisho zitangwa zo kwirinda virusi itera SIDA bashyiramo n’uburyo bwo gukoresha agakingirizo mu gihe umuntu...