Ibi ni bimwe mu bitangazwa na Ntihinyurwa Védaste, umuyobozi w’ishuri ribanza “Stella School”, riri mu Karere ka Kamonyi, avuga kuri gahunda yo...
Ikigo cy’ishuri Blue Sky School rivugwa kwesa imihigo mu itangwa ry’ireme ry’uburezi kimwe no gutsindisha abanyeshuri mu buryo bushimishije. Ibi ni mu...
Kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 Abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 bemeranyije gushyiraho urwego ruhuriweho ruzajya rugenzura...
Kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 Inteko Rusange y’Ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki (NFPO) yatoreye Dr. Frank Habineza na Alphonse Nkubana...
Ibi ni bimwe mubyagarutsweho n’abanyamakuru bo mu Rwanda mu kiganiro nyunguranabitekerezo cy’umunsi umwe cyateguye n’umuryango udaharanira inyungu uvuganira abatishoboye (OVPR/Observatory Vulnerable Peoples’...
Kuwa 10 Ukwakira 2025 mu nama rusange y’abatunganya ibikomoka ku mpu hizwe uburyo amashyirahamwe abiri yakwishyira hamwe , hakurikijwe amategeko kugirango uyu...
Ibi ni bimwe bitangazwa na Habyarimana Evariste, Umunyamabanga mukuru wa sendika y’abakozi bakora ubwubatsi, ububaji n’ubukorikori mu Rwanda (STECOMA), ubwo kuwa 10...
Gen Maj Francis Takirwa, Umugaba wungirije w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, agaragaza ko yishimiye uburyo ingabo z’igihugu cye n’iz’u Rwanda zifatanya...
Ibi ni ibitangazwa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, akaba n’Umugaba w’Ikirengga w’ingabo z’u Rwanda, ubwo kuwa 3 Ukwakira 2025 ubwo yatangaga...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson yasabye Guverinoma y’icyo gihugu gusubizaho gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu buryo...