U Rwanda Ruzifatanya n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanaga wo kurwanya SIDA. Uyu mwaka insanganyamatsiko yahariwe kuzirikana ku babana n’ubwandu bw’agakoko ka SIDA,...
Hashize igihe kinini hatowe itegeko rishya rigenga imyubakire ihurirwa mo n’abantu benshi,bityo Leta ikaba ishishikariza abashoramari mu nyubako ndetse n’imihanda, ko bagomba...
Aka Kagari gaherereye mu Karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru, gutwikwa ibiyobyabwenge bitandukanye, bihwanye na miliyoni 21 abaturage bakaba bemeza ko hari indiri...
Mu gihe amwe mu makoperative y’abamotari batavuga rumwe hagati y’ubuyobozi bwabo, muri koperative Mbahafi ikorera mu Karere ka Nyarugenge, bamwe mu banyamuryango...
Bamwe mu baturage bo ku Karere ka Nyaruguru ntibumva ukuntu babona ishwagara bayiguze kandi Perezida yabasuraga muri 2012 yarayibemereye ku buntu. Ubuyobozi...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimisagara uherereye mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, buvuga abana ibihumbi bitatu bari munsi y’imyaka 18 batarandikishwa...
Umuyobozi w’ Akarere ka Nyarugenge ,Kayisime Nzaramba yifatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Kimisagara n’ abaturage b’ Akagari ka Katabaro muri rusange,...
Gishoma François, washinze ishyirahamwe ry’abarwayi ba diyabeti mu 1997, avuga ko kugeza ubu bitoroshye kumenya abahitanwa na diyabeti ku mwaka kuko hari...
Bamwe mu baturage, bo mu Murenge wa Kiziguro, Akarere ka Gatsibo baragaragaza ko ibura ry’ibicanwa ribahangayikishije bigatuma batoragura udukwi mu bihuru bakiyambaza...
Ibigo bitanga servizi zo kuboneza imbyaro bivuga ko mu bahabwa izo servisi harimo n’abakobwa batarashaka, nk’abanyeshuli n’abandi bari mu kigero cy’urubyiruko Uburyo...