Iterambere ry ‘inganda rikwiye kujyana no kubungabunga ibidukikije mu rwego rwo kugirango harengerwe ibimera ndetse n’ibinyabuzima. Niyo mpamvu umuntu ku isonga agomba...
Ibidukikije ni urwego rwambukiranya inzego nyinshi, kandi rugomba kwitabwaho mu iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza, ibibazo byibasiye ibidukikije si ibya none byatangiye kera...
Covid 19 yagize ingaruka ku bikorwa byose ariko bigeze ku burezi birahuhuka dore ko hashize hafi amezi umunani ibikorwa byose by’uburezi byarahagaze,...
Mu mujyi wa Kigali kuri ubu hatangiye ubukangurambaga Kuri virusi itera SIDA buzamara igihe cy’amezi atatu. Mujawayezu Cecille avuga ko yahoze ari...
Imibare y’abana baterwa inda zitateganyijwe igenda irushaho kwiyongera, nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi butandukanye. Yaba Leta, imiryango itegamiye kuri Leta ndetse n’ababyeyi bahangayikishijwe n’iki...
Mu gihe mu Rwanda hamenyerewe inkoni zera ziyobora abafite ubumuga bwo kutabona , kuri ubu hamaze iminsi hasohotse indi nkoni ifite udushya...
Mu gihe hamaze iminsi humvikana ikibazo cya bamwe mu bakiriya b’ibigo bicuruza utugabanyamuvuduko (speedgovernor) binubira uburyo bagenda bagwa mu bihombo biterwa n’ibihano...
Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya virusi itera SIDA wizihijwe kuri uyu wa gatatu, tariki ya 1 Ukuboza mu Karere ka Nyagatare ufite insanganyamatsiko...