Abaturage bo mu Murenge wa Kiziguro, mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko bavoma amazi y’ibiziba yo mu migende, abandi bakavoma mu iriba...
Ubwo yatangizaga ku mugaragaro Itorero ry’abagize komite nyobozi z’imidugudu,Inama Njyanama z’utugari n’imirenge, umuyobozi w’Akarere, Mupenzi Georges , yibukije aba bayobozi ko ari...
Ubwo yatangaga ikiganiro ku nshingano za Komite Nyobozi y’umudugudu, Umuyobozi w’Akarere ka Huye yasobanuye ko inshingano ya mbere y’ushinzwe umutekano mu mudugudu...
Uruganda rwa Kitabi, ruherereye mu murenge wa Kitabi akarere ka Nyamagabe, abaturage baturanye narwo bavuga ko byatumye bahora bakora ku ifaranga. Abaturage...
Mu Karere ka Gisagara, hakunze kuvugwa ko indwara ya malariya yahafashe icyicaro abaturage bakavuga ko yababujije amahwemo. Umwe mu baturage utuye mu ...
Abaturage bo mu karere ka Ngororero bivuriza ku bwisungane mu kwivuza bavuga ko bahabwa serivisi mbi bakaba basaba ko byahinduka. Bimwe mubyo...
Urubyiruko rwibumbiye muri Koperative Mbahafi rusasabwa kubyaza umusaruro w’akazi karwo bakemurirana ibibazo aho kurindira ko Ubuyobozi bwarwo buza kubibakemurira. Mu biganiro yagiye ...
Muri uyu mwaka wa 2016 hatanzwe udukingirizo tugera muri miliyoni imwe n’ibihumbi Magana inani n’umunani mu rwego rwo guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya...
Ni kuri uyu wa gatatu, taliki ya 23/12/2016 ku gicamunsi muri Minisiteri y’Imali n’igenamigambi niho habereye umuhango wo gushyira umukono hagati y’ibihugu...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye, buvuga ko ubwitabire bwa mituweli bumaze kugera kuri79 % kandi ubukangurambaga bukaba bugikomeje ku buryo bwifuza ko bizagera...