Imboga ni ikiribwa ntagereranwa, kubera intungamubiri zibonekamo zishobora kurinda indwara zitandukanye bitewe kandi n’uburyo zateguwemo. Amakuru dukesha urubuga rwa Doctissimo.fr, aratangaza ko...
Amata ni kimwe mu binyobwa n’abatari bakunda mu bihe bitandukanye usibye kuyanywa kandi abyazwamo ibindi bitandukanye nk’amavuta n’ibindi Umuganga w’umuhanga mu kuvura...
Ku bufatanye bw’umuryango w’abanyamakuru barwanya Sida n’izindi ndwara uzwi ku izina rya ABASIRWA n’ikigo cy’igihugu gishinzwe itumanaho mu buzima (RBC), abanyamakuru basuye...
Uku ni ukwezi kwa gatandatu k’umwakawa Mituweli. 21,2% nta bwishingizi bw’indwara bafite kuko bakagombye kuba bafite ubwa Mituweli, ariko ntibaratanga imisanzu yayo,...
mu gihe baganiraga k’ umushinga w’itegeko rigenga imishinga imiterere, imitunganyirize n’imikorere y’imiryango nyarwanda itegamiye kuri leta ahubwo bagatekereza abanyarwanda n’imiryango bakorera kuko...
Kuva ku wa 10 Ukuboza 2017 kugeza kuri uyu wa gatatu tariki ya 13 Ukuboza 2017, actionaid yateguye umwiherero w’abana b’abakobwa muri...
Urubyiruko rurakangurirwa kugira uruhare runini mu kurwanya no gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina,rikorerwa abagore n’abakobwa kuri internet,binyuze ku mbuga nkoranyambaga. Ibi ni...
Prof. Dr. Rwigamba Balinda arahamagarira abarangije muri Kaminuza yigenga ya Kigali guhanga umurimo, aho kwibwira ko nta gishoro bikababuza amahirwe yo kwiteza...
Abanyeshuri bagera ku 1038 bahawe impamyabumenyi z’icyiciro cya kabiri n’icya gatatu cya Kaminuza, mu masomo atandukanye atangirwa muri Kaminuza yigenga ya Kigali...
Tariki ya 7 UUkuboza 2017, Inama y’umutekano yaguye y’Akarere yateranye iyobowe n’Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Gasana Richard. Bshishikajwe n’ikibazo cy’umutekano Iyi nama...