Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) n’Umuryango Imbuto Foundation basinyanye amasezerano y’ubufantanye n’ Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga cyitwa Liquid Intelligent Technologies, ubu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rugaragaza ko rwataye muri yombi umugabo wo mu Karere ka Bugesera wari umwarimu akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana...
Perezida Kagame uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri muri Tanzania, yashimiye Perezida w’iki gihugu, Samia Suluhu Hassan, uruhare akomeje kugira mu gushakira amahoro...
Hirya no hino mu Rwanda inzego z’ubuzima n’izibanze bakomeje gushyira imbaraga mu guhangana n’ikibazo cy’inda ziterwa abangavu ndetse no gukumira ubwandu bushya...