Bimenyimana J. Ubwiyongere bw’indwara zidakira bukomeje kugenda buzamuka kandi buhangayikisha isi. Ikibazo kikiri ingorabahizi, ni uko imyumvimvire y’izo ndwara cyane cyane mu...
Umujyi wa Kigali utegura buri kwezi Imyitozo ngororamubiri ihuza abawutuye, hagamijwe kwirinda indwara zitandukanye cyane izitandura nk’indwara z’umutima; diabète n’izindi. Perezida wa...
Kuwa 15 Ukwakira buri mwaka ni umunsi mpuzamahanga wahariwe gukaraba intoki. N’ubwo abantu benshi bemeza ko icyo gikorwa bakizi kandi bagikora, kiracyabereye...
Umupira w’amaguru ni umukino ukunzwe n’abanyarwanda benshi, hakaba mo n’abiyemeza kuwujya mo bakawukina. Ibyo byose bigenda nabi iyo imisifurire yawo itajyanye n’igihe,...