Bimenyimana J. Umusizi w’umunyarwanda Nyakayonga mwene Musare yahimbye igisigo acyita Ukwibyara, maze agiterura agira ati “ukwibyara gutera umubyeyi ineza”. Bibabaza umubyeyi kubyara...
Hashize igihe kitari gito umubare w’ababana na virusi itera SIDA mu Rwanda ari 3% kandi udahinduka. Minisiteri y’Ubuzima n’abafatanyabikorwa bayo batangije ubushakashatsi...
Ikigo cy’ubwishingizi cya Phoenix cya hindutse (AMU) cyirizeza abakiliya babo serivisi nziza ziganjemo iz’itangirwa ku ikoranabuhanga zitamenyerewe mu bwishingizi mu Rwanda. MUA...
Nyuma y’imyaka isaga 10 gahunda zo gutanga imiti igabanya ubukana bwa virus itera Sida isakajwe mu gihugu, iki nigihe cyo kureba ukuntu...