Icyorezo cya SIDA kiracyaza mu ndwara zitwara ubuzima bw’abantu batari bake, kuko kitabonerwa umuti cyangwa urukingo. U Rwanda rurakira inama INTEREST 2018...
Ibi byabitangajwe na Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama mpuzamahanga y’iminsi ibiri igamije gushishikariza abagabo kugira uruhare mu kwirinda...
Minisiteriy’ibikorwa remezo iribuka ku nshuro ya 24 abakozi ba MINITRAPE na MINITRANSCO bazize Jenoside yakorewe Abatutsi, kandi uwo muhango wabanjirijwe no gusura...
Ntawakwirirwa asobanurira umuntu uwo ari wese Ronaldinho, kuko ari ikimenyabose. Uyu musore wakiniye amakipe akomeye yo ku mugabane w’I Burayi ataretse igihugu...