Mu masaha y’igitondo kuri uyu wa Gatandatu, ku mupaka w’u Rwanda na RDC i Rubavu uzwi nka Petite Barrière, hagaragaye umurambo w’umusirikare...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Dr. Faustin Ntezilyayo yasabye abagize komite zo kurwanya ruswa mu nkiko kongera umurava kugira ngo ruswa icike mu bucamanza...
Mu gihe byari byitezwe ko kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Ugushyingo 2022, hari kuba isomwa ry’urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ry’abantu...
Dr Kayumba Christopher ukurikiranyweho ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato n’ubwinjiracyaha muri icyo cyaha, yongeye kugaragariza urukiko inzitizi, asaba ko...