Ikoranabuhanga ryatangijwe mu nkiko rya gahunda y’imicungire n’imikoreshereze y’inkiko ryaje rije kugenzura imikorere y’irindi koranabuhanga rizwi nka IECMS (Integrated Electronic Case Management)...
Minisiteri y’Uburezi yemeje ko mu kiciro cya mbere cy’amashuri abanza bigisha mu rurimi rw’Icyongereza ariko n’Ikinyarwanda kigahabwa umwanya uhagije, bikaba byishimiwe cyane...
Ku italiki ya 29 Ukwakira 2019 umuryango w’ababiligi uharanira iterambere ry’uburezi, VVOB kubufatanye numuryango MasterCard foundation,na kaminiza y’urwanda ishami ry’uburezi hamwe n’ikigo...
RSAU, Sosiyete Nyarwanda y’abahanzi [Rwanda Societey of Authors], yatangaje ko igiye gusaranganya amafaranga abahanzi bayibarizwamo, yakusanyijwe kuva mu mpera z’umwaka wa 2017...