Inzego z’ubuzima z’u Rwanda zifatanyije n’iz’ubuyobozi ndetse n’iz’umutekano, zihora zishishikariza abanyarwanda kwirinda no gukumira icyorezo cya Covid-19 kidahwema guhitana abantu. Ibipimo byo...
Nyuma y’igihe kirenga ukwezi inzego z’ubuzima zitangaza imibare iri hejuru y’abantu bashya batahurwaho icyorezo cya COVID-19, guhera mu ntangiriro z’iki cyumweru...
Ubuyobozi bw’Ikigo k’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda (NIRDA), bwagowe no gutanga ibisobanuro ku buryo icyo kigo cyatumije mu mahanga imashini yagombaga gukora...
Uko icyorezo cya Covid-19 gikaza umurego no kuzamura ubukana n’umuvuduko kirimo kugenda gikwira, ni ko Guverinoma y’u Rwanda igenda ifata ingamba zo...