Mu mwaka wa 2020, Guverinoma y’u Rwanda yiteze ko abakora ubuhinzi mu Rwanda bazaba bangana na 50 %, bavuye kuri 72 %...
Abaturage basaga 3200 barishimira ko bagiye kuca ukubiri no kunywa amazi mabi umwanda,nyuma yo kugezwaho amazi meza n’ingabo z’u Rwanda. Ibi abaturage...
Kibeho ni umujyi muto uherereye mu karere ka Nyaruguru mu majyepfo y’u Rwanda. Ni ahantu hamenyekanye cyane igihe habaga amabonekerwa mu mwaka...
Ku nshuro ya 5 , Ishyirahamwe ry’abarwayi ba diyabeti mu Rwanda, (Association Rwandaise des diabétiques)-ARD) ryasoshoje ingando (camp) y’abana babana n’uburwayi bwa...