Ubwo yasozaga itorero ry’intore 6829 zituruka mu midugudu 27 igize umurenge wa Ruheru, Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, Habitegeko François, yabwiye abaturage ko...
Mu muhango wo kwizihiza umunsi w’umwana w’umunyafurika wahujwe n’uwo kurwanya imirimo mibi ikoreshwa abana, ababyeyi bakanguriwe guha uburere bwiza abana kugira...
Biramenyerewe ko hari abitwaza idini ya Islam, bakishora mu bikorwa by’urugomo hirya no hino ku Isi. Umuryango wa islam mu Rwanda wo...
Ubuyobozi bw’Inzego z’ibanze n’ibigo bishamikiyeho bashishikajwe no kwigenzura ku bikorwa bitandukanye no kwigira ku bandi kugirango barusheho kunoza serivise batanga ku babagana....