Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Gasaka ,mu karere ka Nyamagabe, bavuga ko hashize imyaka ibiri, bakoze imirimo itandukanye ku nyubako...
Ubwo hatangizwaga Ihuriro ry’ubumwe n’ubwiyunge ririmo abahoze mu buyobozi bw’igihugu ubu batakiri mu mirimo, Dr Vincent Biruta, yavuze ko igihugu kifuzwa gusubirana...
Abaturage b’Akarere ka Gatsibo . Umurenge wa Muhura, Akagari ka Gakorokombe, baravuga imyato ibyiza by’amasibo barimo mu midugudu yabo ko babasha kwikemurira...
Murangwa Yusuf, Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’ibarurishamibare , avuga ko igisobanuro gishya cyashyizweho n’Urwego mpuzamahanga rushinzwe umurimo, kigaragaza ko imibare mishya y’uko ubushomeri...