Atangiza ku mugaragaro igihembwe cy’ihinga 2017B umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare, Mupenzi Georges, yakanguriye abahinzi gukora ubuhinzi bw’umwuga kuko ari bwo n’umusaruro wiyongera...
Nyuma y’igihe Kaminuza ya Kigali ikorera mu nzu y’inkodeshanyo kuri ubu bitarenze umwaka utaha iyi Kaminuza izaba iri gukorera mu nyubako yayo...
Indwara zitandura zikomeje kwiyongera, kubera ahanini imyitwarire y’abantu nayo igenda ihinduka. Ni muri urwo rwego Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangiza icyumweru cy’Ubuzima kigamije...
Nkuko Radiyo mpuzamahanga y’abafransa RFI ibitangaza, uyu mugore uvugwaho kuba ashaka kwiyamamariza gusimbura uwahoze ari umugabo we Jacob Zuma, ntajya ahisha ibyifuzo...