Urwego rushinzwe kurwanya ibyaha by’iterabwoba mu Bushinjacyaha bw’u Bufaransa, rwatangaje ko rwamaze gutanga ubujurire ku cyemezo giherutse gufatwa n’umucamanza ku rwego rw’iperereza...
Nyuma y’uko, Emmanuel Macron, Perezida w’u Bufaransa akubiswe urushyi ku itama n’umugore we, Brigitte Macron, Ibiro bye byavuze ko bari barimo kwikinira...
Ku wa 24 Gicurasi 2025 mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 ishize hatangijwe Gahunda ya Inkubito z’Icyeza, Madamu Jeannette Kagame, umugore...
Abanyeshuri biga mu Rwunge rw’Amashuri rwa Camp Kigali basabwe kurangwa n’ubutwari bwo kwamagana ingengabitekerezo ya Jenoside n’amacakubiri, banatozwa kubaka u Rwanda rufite...