Abahanga bakora byinshi, ariko ibijyanye n’ibinyabuzima byo bakora ibirengaho. Nyuma y’aho muri Amerika umwe abonye igiti gishobora kwera amoko 40 y’imbuto atandukanye,...
Muri iki gihe amashusho agaragaza uko ubushyuhe bw’ikirere bwagize ingaruka ku isi. Ibivumvuri birya ibihu by’ibiti byagize uruhare runini mu kwangiza ibiti...
Abarangije amashuri yisumbuye na kaminuza bo mu karere ka Gatsibo, baravuga ko bababangamirwa no gusabwa uburambe mu kazi iyo bagiye kugasaba, ibyo...
Ibi byavuzwe n’ikigo cy’igihugu cy’iteganyagihe mu gihe (Rwanda Meteological Agency) mu gihe tariki ya na 22- 24 Gashyantare 2016 i Kigali hateganyijwe...