Mu gihe amwe mu makoperative y’abamotari batavuga rumwe hagati y’ubuyobozi bwabo, muri koperative Mbahafi ikorera mu Karere ka Nyarugenge, bamwe mu banyamuryango...
Bamwe mu baturage bo ku Karere ka Nyaruguru ntibumva ukuntu babona ishwagara bayiguze kandi Perezida yabasuraga muri 2012 yarayibemereye ku buntu. Ubuyobozi...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimisagara uherereye mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, buvuga abana ibihumbi bitatu bari munsi y’imyaka 18 batarandikishwa...
Umuyobozi w’ Akarere ka Nyarugenge ,Kayisime Nzaramba yifatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Kimisagara n’ abaturage b’ Akagari ka Katabaro muri rusange,...