Minisiteri zitandukanye zo mu Rwanda zirimo ishinzwe imibereho myiza y’abaturage (MINALOC), ishinzwe uburezi (MINEDUC), ishinzwe iterambere ry’umuryango (MIGEPROF) n’ishinzwe ubuzima (MINISANTE), ziyemeje...
Ishyirahamwe ry’abarobyi bo mu karere ka Buikwe mu gihugu cya Uganda, rirashinja ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga inyamaswa (UWA) kugenda biguruntege m’ugukemura ikibazo...
Bimenyimana Jérémie Abasore n’inkumi barangije Kaminuza binubira kubura akazi, kandi hari amahirwe menshi, ariko ntibayiteho. Ubuhinzi bukozwe gihanga ni amwe muri ayo...
Abagore babyaye abana bafite ibibazo by’imyitwarire bizwi nka ‘Autisme’, bavuga ko bakorerwa ihohoterwa ritandukanye n’abagabo babo kugera n’aho babaharika. Autisme ni uruhurirane...