Minisiteri y’ubutabera isobanura ko mu mushinga w’itegeko rigena ibyaha n’ibihano mu Rwanda, icyaha cyo gutera undi indwara cyongererewe ibihano ugereranyije n’uko byari...
Minisiteri y’ubuzima (Minisanté) ivuga ko y25% by’abari mu bitaro mu kwezi kwa Nzeli 2017 bari bafite indwara y’umutima naho 11% by’abaza muri...
Nyabikiri Umurenge wa Kabarore, Akarere ka Gatsibo umaze kubakwamo amazu atanu atuyemo imiryango 20, wabaye igisubizo cya benshi. Mukanyonga Scovia,ni umwe mu...
Hakizimana felicien,Umuturage w’Umurenge wa Gitoki akagari ka Nyamirama, avuga ko ashimira inzego zitandukanye z’Igihugu imiyoborere myiza iri mu Rwanda itandukanye n’iyo yavukiyemo...